Gatsibo: Umwarimu yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umunyeshuri – umwana yasanzwe mu icumbi ry’abarimu
Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru ikomeje gutera impaka n’impungenge mu baturage, nyuma y’uko umwarimu wigishaga ku ishuri rya GS Bihinga atawe...
Read MoreMinisitiri Dr. Bizimana yihanangirije Jean-Luc Habyarimana ku kugerageza guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean-Damascène, yamaganye amagambo aherutse gutangazwa na Jean-Luc...
Read MoreTrump yatangaje guhagarika intambara Iran iti “mwabonye muyitangiza ariko simwe muzayirangiza” ihita ifunga umuhora wa Peteroli
Isi yongeye kwikanga nyuma y’uko umwuka mubi hagati ya Iran, Israel na Amerika uhindutse imirwano yeruye, igizwe n’ibitero bya gisirikare, ibisasu...
Read MoreAmagambo 10 Yuje Urukundo Wabwira Umukunzi Wawe Mbere yo Kumwifuriza Ijoro Ryiza
Urukundo nyarwo rugaragarira mu bintu byinshi, ariko cyane cyane mu magambo tuvugana. Hari igihe amagambo make ashobora gukora ku mutima w’umuntu...
Read MoreUbuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko hakoreshejwe miliyari 11,2 Frw mu kubakira imiryango 434 yasenyewe n’ibiza byibasiye aka karere.
Tariki 2-3 Gicurasi 2023 ni bwo mu Rwanda haguye imvura idasanzwe yateje ibiza byahitanye abantu 135 binasenya inzu z’abaturage barimo 1126 bo mu...
Read MoreDonald Trump yatangaje ko nta wundi mushinga azongera gusinya hatarashyirwa mu bikorwa umushinga we ukumira abatinganyi n’abihinduje igitsina
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atazongera gusinya undi mushinga w’itegeko uwo ari wo wose mbere y’uko...
Read MoreUbusesenguzi: Isi yose igiye kwishyura igiciro cy’intambara Amerika yagabye kuri Iran
Mu minsi igera ku icumi gusa ishize, isi yinjiye mu bihe bishya by’umutekano muke nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel bagabye ibitero...
Read MoreAFC/M23 ivuga ko yiyemeje kurinda abasivili mu bice igenzura mu Burasirazuba bwa RDC
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo / Mouvement du 23 Mars (AFC/M23) ryatangaje ko ryiyemeje gukomeza kurinda abaturage b’abasivili batuye mu bice...
Read MoreAFC/M23 yatangaje ko iratangira kurasa u Burundi
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ryatangaje ko ryinjiye mu cyiciro gishya...
Read MoreUrubyiruko rw’u Rwanda rurimo guhindura isura y’ikoranabuhanga: SanTech yatangije Tech Forward Live
Mu gihe Afurika igihanganye n’ikibazo gikomeye cy’ubushomeri bw’urubyiruko, bamwe mu rubyiruko rwo mu Rwanda barimo gushaka ibisubizo binyuze mu...
Read More