Amabanga 3 utapfa kumenya ku mukobwa mukundana
Mu rukundo, nubwo bigaragara ko ari abagabo akenshi badashaka kuvugisha ukuri, hari n’amabanga abagore n’abakobwa bahagararaho, batapfa gusangiza...
Read MoreIgikorwa cyo Gukosora Ibizamini bya Leta Bisoza Amashuri Abanza 2024/2025 Cyatangiye Hirya no Hino mu Gihugu
Tariki ya 10 Nyakanga 2025 Igikorwa cyo gukosora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ku mwaka w’amashuri wa 2024/2025 cyatangiye ku mugaragaro...
Read MoreAmiable Karasira yasabiwe igihano cy’imyaka 30 y’igifungo
Ubushinjacyaha burasaba igihano gikomeye, Karasira we arisobanura agasaba imbabazi Kigali – Ku wa Kabiri, tariki ya 9 Nyakanga 2025, Ubushinjacyaha...
Read MoreU Rwanda Rwahaye Ubufasha Abari mu Kaga muri Gaza ku Bufatanye na Jordanie
Guverinoma y’u Rwanda yatanze ubufasha bwihutirwa bugenewe abaturage ba Palestine bari mu kaga gakomeye mu Ntara ya Gaza, ahamaze igihe habera...
Read MoreRuto Yategetse Polisi Gukoresha Imbaraga ku Bigaragambya: “mubarase amaguru, ariko ntimubice!”
📍 Nairobi, Kenya – Perezida wa Kenya, William Samoei Ruto, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza amagambo akomeye agenewe inzego z’umutekano,...
Read MoreMusanze: Inzu 115 zashyikirijwe abasenyewe n’ibiza, Minisitiri Murasira abasaba kuzirinda no kwiteza imbere
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 9 Nyakanga 2025, mu Karere ka Musanze, Minisitiri w’Ibiza no Gucyura Impunzi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira,...
Read Moreack Dorsey Yasohoye “Bitchat”: Urubuga Rushya rw’Ubutumwa Rwifashisha Bluetooth aho gukenera Internet
Jack Dorsey, umwe mu bayobozi bakomeye b’urubuga Twitter (X) akaba n’umwe mu bantu bafite ijambo rikomeye mu ikoranabuhanga ku isi,...
Read MoreIsi iri ku muvuduko udasanzwe: ubushakashatsi bwemeje ko uyu munsi ushobora kuba mugufi cyane
Uyu munsi tariki ya 9 Nyakanga 2025 ushobora kuba umunsi mugufi kurusha indi yose mu mateka yanditswe, nk’uko abashakashatsi babitangaza. Abahanga mu...
Read MoreYakatiwe igihano cya burundu arapfa, arazuka hanyuma asaba kurekurwa avuga ko igihano ke cyarangiye
Mu mateka y’ubutabera, hari imanza zidasanzwe, zirenga imyumvire isanzwe y’amategeko. Ibyabaye kuri Benjamin Schreiber, umunya-Iowa wo muri Leta...
Read MoreIngabire Victoire yasabye n’umunyamategeko wo muri Kenya mu rubanza rwe rw’ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo
Yagejejwe imbere y’Urukiko rwa Kicukiro, aho yasabye ko Urugaga rw’Abavoka rwamwemerera gutumiza umwunganizi yizeye KIGALI – Kuri uyu wa Kabiri,...
Read More