USA yahuye na Perezida Kagame na Tshisekedi mu biganiro bigamije amahoro arambye n’iterambere mu karere
Umujyanama mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe iby’umugabane wa Afurika yatangaje ko yagiranye ibiganiro byimbitse na Perezida w’u...
Read MoreUmuvugizi w’ingabo za FARDC yasabye abarwanyi ba FDLR gushyira intwaro hasi cyangwa bakazamburwa ku ngufu bagashyikirizwa u Rwanda
Umuvugizi w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), Gen. Maj. Sylvain Ekenge, yasabye abarwanyi bose b’umutwe wa FDLR (Forces...
Read MoreAmb. Olivier Nduhungirehe yasubije Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa RDC ku magambo ye arega u Rwanda gufasha M23
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasubije amagambo yatangajwe na mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi...
Read MoreBurundi: Abanyeshuri bangiwe kwiga kuko bambaye amashapure, barayabambura barayaca
Cibitoke – Umwuka w’amakimbirane wavutse ku ishuri ribanza rya Cuzwe riherereye muri zone Kiramira, komine Cibitoke, nyuma y’uko bamwe mu...
Read MoreAmajyaruguru n’Amajyepfo ya Kivu mu gihirahiro: Ibihano by’Amahanga byananiwe guhagarika intambara
Ibihano ntibyahagaritse imirwano mu burasirazuba bwa RDC N’ubwo ibihugu by’iburengerazuba byafatiye ibihano umutwe wa AFC/M23 ndetse n’u...
Read MoreTshisekedi yahakanye ko atigeze avuga nabi u Rwanda na Uganda, nyamara amateka ye abivuguruza
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC), Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, yagaragaje ko igihugu cye gifitanye “ibibazo” n’u...
Read MoreAbaturage barinubira gutinda gutangwa kw’icyemezo cy’uko umuntu atakatiwe n’inkiko
Bamwe mu baturage bo mu Rwanda biganjemo abakoresha urubuga rwa X (rwahoze ari Twitter) baragaragaza kwinubira n’agahinda batewe no gutinda kubona...
Read MoreMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Olivier Nduhungirehe yasubije Perezida Tshisekedi wavuze ko atigeze agaragaza imyitwarire y’intambara
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yavuze amagambo yagaragaye nk’agerageza...
Read MoreAmabanga y’Isi: Ubuhamya bw’Ababayeho bagapfa bakongera kuvuka bundi bushya bafite ubuzima bushya
Mu buzima bwa muntu hari ibintu byinshi bitajya bisobanuka, ariko bikagira imbaraga zo gukomeza kubazwa iteka. Mu byo abantu bamaze imyaka...
Read MorePerezida Tchiseked wavuze ko nta hantu agomba guhurira na Perezida Kagame uretse gusa mu ijuru, ubu barikumwe i Buruseri
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu Bubiligi aho ari kwitabira inama ya kabiri ya Global Gateway Forum 2025, inama mpuzamahanga...
Read More