BURUNDI : Umuhanzi ubica bigacika DECO-G Yasohoye indirimbo nshya yise ubuzima
Indirimbo Ubuzima yahimbwe hagambiriwe Byinshi cyanee bitewe n’ubuzima yaramazemo iminsi mu Gihugu cya kenya , Bivanye Kandi n’ubuzima...
Read MoreAmabaruwa ya Hillary Clinton ashyirwa hanze: Ese NATO yishe Gaddafi kubera umugambi wa“United States of Africa”?
Mu minsi ishize, ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa amakuru avuga ko amabaruwa ya email ya Hillary Clinton yigeze gushyirwa hanze...
Read MoreUmudepite ukiri muto mu nteko arasaba ko abagabo bemererwa gushaka abagore benshi
Impaka ku miterere y’umuryango n’uburenganzira bw’abagore zongeye gufata indi ntera muri Côte d’Ivoire, nyuma y’uko umudepite muto kurusha...
Read MoreImpamvu Nyakwigendera Muammar Gaddafi yari yarahisemo kurindwa n’abagore
Mu myaka ya 1980, Perezida wa Libiya icyo gihe, Muammar Gaddafi, yatangiye kugaragara mu ruhame azengurutswe n’itsinda ry’abagore bamurindaga. Ku...
Read MoreAfurika y’Epfo: Umuhungu wa Robert Mugabe yatawe muri yombi akurikiranyweho kugerageza kwica umuntu
Polisi ya Afurika y’Epfo yatangaje ko yataye muri yombi Chatunga Mugabe, umuhungu wa Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe, akurikiranyweho...
Read MoreBurkina Faso igiye kubaka uruganda rukora ibyogajuru ku bufatanye n’inzobere yo muri Ethiopia
Guverinoma ya Burkina Faso yatangaje ko yasinyanye amasezerano y’ubwumvikane n’inzobere mu by’ikoranabuhanga ukomoka muri Ethiopia, Eng Bijay Naiker,...
Read MoreMacky Sall yasabye Perezida Diomaye Faye yigeze gufunga kumusinyira icyangombwa kimwemerera kwiyamamaza ku mwanya wa SG wa L’ONU
Uwahoze ari Perezida wa Sénégal, Macky Sall, yandikiye Perezida uri ku butegetsi, Bassirou Diomaye Faye, amusaba ko igihugu cye cyamushyigikira mu...
Read MoreMenelik II: Umwami watsinze Ubutaliyani akerekana ko Afurika itari “iyo kwigabirwa”
Mu mpera z’ikinyejana cya 19, mu gihe ibihugu by’i Burayi byari mu irushanwa rikomeye ryo kwigarurira Afurika rizwi nka Scramble for Africa, Ethiopia...
Read MoreYizeye Impinduka. Arazizera, bamushyingurana na zo
Igihe Barack Obama yatorerwaga kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, hari abayobozi benshi ku isi babonye ko hari urupapuro rushya rufungutse mu...
Read More“Nta gihugu cyo muri Afurika cyagakwiye kongera gukolonizwa, guterwa cyangwa ngo gihatirwe kuyoboka ubutegetsi bw’amahanga” Evariste Ndayishimiye umuyobozi mushya wa AU
Ndayishimiye yatorewe kuyobora AU, yiyemeza gushyira imbere “gucecekesha intwaro” no kurinda ubusugire bw’ibihugu bya Afurika Perezida w’u Burundi,...
Read More