Urubanza u Rwanda rwarezemo u Bwonnngereza ku masezerano y’abimukira rwatangiye: Amafaranga, amategeko n’icyerekezo cy’umubano w’ibihugu byombi
Urubanza u Rwanda rwarezemo u Bwongereza ku masezerano ajyanye no kohereza abimukira mu Rwanda rwatangiye kuburanishwa, ni urubanza rwateje...
Read MoreNta gushidikanya u Rwanda ruzavana ingabo zarwo muri Mozambique– Amb. Olivier Nduhungirehe asubiza Reuters yavugaga ko u Rwanda rushobora gukura ingabo zarwo muri Mozambique
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ishobora gukura ingabo zayo mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, aho zifasha mu guhangana n’imitwe...
Read MoreIcyemezo cy’u Rwanda cyo kwivana mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati cyazamuye umwuka mubi wa Diplomacy
Umubano wa dipolomasi hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ukomeje kujya mu kangaratete, nyuma y’icyemezo...
Read MoreU Rwanda ruvuga ko rushora arenga inshuro 10 z’inkunga y’u Burayi mu butumwa bwa Cabo Delgado
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko amafaranga igihugu gishyira mu bikorwa byo kugarura umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique arenga...
Read MoreU Rwanda rwamaganye ibihano bya Amerika, ruvuga ko bibogamye kandi bigoreka ukuri
Ku wa 2 Werurwe 2026, Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda byasohoye itangazo rigaragaza ko u Rwanda rwamagana ibihano byafatiwe Ingabo z’u...
Read MoreLeta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Ingabo z’u Rwanda n’abasirikare bakuru bane, zishinja kurenga ku masezerano ya Washington
Ku wa 2 Werurwe 2026, Minisiteri y’Imari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ibinyujije mu biro bishinzwe kugenzura umutungo w’abashyirirwaho ibihano...
Read MoreU Rwanda ruvuga ko u Burundi budakwiye kuba mu buhuza bwa AU ku ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Burundi budakwiye kugira uruhare mu buhuza...
Read MorePerezida Kagame yanenze umuco wo kuganira nta bikorwa, asaba abayobozi guhindura imico n’imikorere aho kwitwaza amateka
Mu ijambo rye risoza umunsi wa kabiri ari na wo wa nyuma w’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 20, Perezida Paul Kagame yanenze...
Read MoreUmushyikirano wa 20: Imiyoborere, umutekano w’akarere n’uruhare rw’u Rwanda ku ruhando mpuzamahanga byongeye kugarukwaho
Umushyikirano w’Igihugu uri kuba ku nshuro ya 20 wakomeje, aho umunsi wa mbere waranzwe n’ijambo rya Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ryibanze ku...
Read MorePerezida Kagame yasabye Abanyarwanda gukomeza umuco wo kubazwa no guhanirwa ibyaha, anenga amacakubiri ashingiye ku nkomoko
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko nubwo hari ibikorwa bibi bimwe na bimwe bishobora kudahita bimenyekana, Abanyarwanda...
Read More