U Rwanda rwemeye ku mugaragaro imikoranire yarwo n’umutwe wa AFC/M23 mu bya Gisirikare
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Ambasade y’u Rwanda i Washington DC, Guverinoma y’u Rwanda yemeye ku mugaragaro ko igirana imikoranire...
Read MoreMINISITIRI OLIVIER J.P. NDUHUNGIREHE ARI I LOMÉ MU NAMA YO KU RWEGO RWO HEJURU IGAMIJE GUSHIMANGIRA AMAHORO MURI RDC NO MU KARERE K’IBIYAGA BIGARI
Minisitiri Olivier J.P. Nduhungirehe ari i Lomé mu nama yo ku rwego rwo hejuru igamije gushimangira amahoro muri RDC no mu Karere k’Ibiyaga Bigari...
Read More“Kwitonda kwa Kremlin: Uko Putin yemeye kurekura Venezuela kugira ngo atsindire muri Ukraine”
Mu gihe isi irimbanyije n’intambara ikomeje mu burasirazuba bw’Uburayi, ubukana bw’imibanire hagati y’ibihugu bikomeye birimo Leta Zunze Ubumwe za...
Read MoreUMUGORE YARASHWE ARAPFA MU MUJYI WA MINNEAPOLIS N’UMUKOZI WA LETA ZUNZE UBUMWE ZA AMERIKA USHINZWE ABIMUKIRA
Minneapolis, Leta ya Minnesota – Umujyi wa Minneapolis uri mu gahinda n’impagarara nyuma y’urupfu rw’umugore warashwe n’umukozi wa Leta Zunze...
Read More“Amerika isigaye ari ikibazo ku isi” INAfrica yamagana igitutu cyayo kuri Venezuela
Tariki ya 3 Mutarama 2026, ihuriro ry’urubyiruko nyafurika INAfrica ryasohoye itangazo rikomeye ryamagana ibyo ryise ibikorwa by’ubushotoranyi...
Read MorePerezida Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda guteza umutekano muke mu karere
Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yongeye kunenga u Rwanda mu ijambo risoza umwaka wa 2025 yagejeje ku baturage b’igihugu cye, agaragaza...
Read More🔥Abajura bateye ishami rya banki mu Budage bakoresheje imashini ikomeye bacukura coffre-fort, bibye miliyoni 30 z’amayero
Abajura bateye ishami rya banki mu Budage bakoresheje imashini ikomeye bacukura coffre-fort, bibye miliyoni 30 z’amayero Mu ijoro ryo mu mpera...
Read MoreGénéral Mamadi Doumbouya ahabwa amahirwe menshi yo gutsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Guinea
Abaturage barenga miliyoni esheshatu bagejeje igihe cyo gutora biteganyijwe ko bazitabira amatora y’Umukuru w’Igihugu ya Guinea ateganyijwe ku...
Read MoreLeta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibihugu by’u Burayi yasabye AFC/M23 na RDF guhagarika imirwano muri RDC
Leta Zunze Ubumwe za Amerika hamwe na bimwe mu bihugu bikomeye by’i Burayi byashyize igitutu gikomeye ku mutwe wa AFC/M23 n’Ingabo z’u Rwanda (RDF),...
Read MoreAmasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RD Congo ntiyajya kure y’intambara y’ubukungu hagati ya Amerika n’Ubushinwa
Umusesenguzi kuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Prof. Jason Stearns, yavuze ko amasezerano y’amahoro yasinywe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame...
Read More