Amb. Olivier Nduhungirehe yasubije Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa RDC ku magambo ye arega u Rwanda gufasha M23
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasubije amagambo yatangajwe na mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi...
Read MoreTshisekedi yahakanye ko atigeze avuga nabi u Rwanda na Uganda, nyamara amateka ye abivuguruza
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC), Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, yagaragaje ko igihugu cye gifitanye “ibibazo” n’u...
Read MoreMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Olivier Nduhungirehe yasubije Perezida Tshisekedi wavuze ko atigeze agaragaza imyitwarire y’intambara
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yavuze amagambo yagaragaye nk’agerageza...
Read MorePerezida Tchiseked wavuze ko nta hantu agomba guhurira na Perezida Kagame uretse gusa mu ijuru, ubu barikumwe i Buruseri
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu Bubiligi aho ari kwitabira inama ya kabiri ya Global Gateway Forum 2025, inama mpuzamahanga...
Read MoreIngabire Marie Immaculée, Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, yatabarutse
Ni inkuru y’akababaro gakomeye ku muryango nyarwanda, by’umwihariko mu nzego z’ubuyobozi n’imiyoborere myiza, nyuma y’urupfu rwa Madame Ingabire...
Read MoreHimbara: Umwanditsi wananiwe wuzuye urwango ku Rwanda no kuri Perezida Kagame
David Himbara, wahoze ari umukozi mu biro bya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, yabaye umuntu uzwi cyane si ku bikorwa bye bifatika, ahubwo ku...
Read MorePerezida Kagame yakiriye Massad Boulos, Umujyanama Mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Afurika
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye mu biro bye Massad Boulos, Umujyanama Mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe...
Read MoreIshyamba si ryeru mu ishyaka Green Party rya Dr. Frank Habineza
Ishyaka riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda – DGPR) ryirukanye abayobozi baryo babiri bari mu...
Read MoreUburusiya bwapfobeje ibiganiro bya vuba na Zelensky, Trump arasaba amahoro
Ibiro bya Perezida w’Uburusiya (Kremlin) byahakanye amakuru avuga ko hari inama yegereje kuba hagati ya Perezida Vladimir Putin n’uwa Ukraine...
Read MoreTrump na Putin basoje inama i Alaska nta masezerano ku ntambara yo muri Ukraine
Inama yari itegerejwe cyane hagati ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin,...
Read More