U Bwongereza busubije u Rwanda nyuma yo kujyanwa mu rukiko ku masezerano ajyanye n’abimukira
Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ku mugaragaro ko yahagaritse amasezerano yari yaragiranye n’u Rwanda ajyanye no kohereza abimukira...
Read MoreU Rwanda rwasobanuye impamvu rurega u Bwongereza kurwishyura miliyoni 50£ nyuma yo guhagarika amasezerano y’abimukira
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje impamvu ituma u Bwongereza bugomba kurwishyura amafaranga angana na miliyoni 50 z’Amapawundi, nyuma y’uko iki gihugu...
Read MoreRRA na Polisi byatanze igihe ntarengwa cyo gukora mutation ku binyabiziga bitanditse mu mazina ya ba nyirabyo
Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda, cyatangije gahunda yihariye igamije gukemura burundu ikibazo...
Read MoreHamenyekanye andi makuru akomeye kuri dosiye ya Dr. Manirakiza Benjamin ukurikiranyweho gusambanya abana b’abakobwa
Hamenyekanye andi makuru mashya akubiye muri dosiye ya Dr. Manirakiza Benjamin, umwarimu wigishaga muri kaminuza, ukurikiranyweho icyaha cyo...
Read MoreVenezuela: Perezida w’inzibacyuho Delcy Rodríguez yihanangirije Trump wa Amerika ukomeje kumuha amabwiriza, ashimangira ubwigenge bwa politiki ye
Perezida w’inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodríguez, yatangaje ko igihugu cye kitagishoboye gukomeza kuyoborwa n’amabwiriza aturuka muri Leta...
Read MoreAFC/M23 nyuma yo kuva muri Uvira yatangaje ibijyanye n’amakuru yo kuva mu bindi bice igenzura
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ryatangaje ko nubwo ryakuye abarwanyi baryo mu Mujyi wa...
Read MoreINGORORANO Y’UBWISHONGOZI Season01 Episode 03
Duheruka ANDREW akiri kubwira Arsene na mukecuru we amateka ye na KAMIKAZI, yari ageze aho bari bari mu ishuri bavuye mu karuhuko ka mugitondo,...
Read MoreFARDC ishyizeho umutwe udasanzwe uzatozwa ku bufatanye n’ingabo za Amerika
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) yoherereje abakuru b’ingabo bose telegram ya gisirikare yihutirwa...
Read MoreRUSIZI: Umugabo arashakishwa uruhindu akekwaho kwica umugore we amuziza gutiza isuka iwabo
Umugabo witwa Sindayiheba Jean de Dieu, utuye mu kagari ka Mataba, umurenge wa Nkungu, mu Karere ka Rusizi, arashakishwa n’inzego z’umutekano...
Read MoreDiyosezi ya Ruhengeri yahagaritse ibikorwa by’abalati ba gahunga mu gihe kiliziya itanga umucyo ku makuru y’amabonekerwa yavuzwe i Busogo
Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo ibikorwa by’Umuryango w’Aba-Oblati b’Umwamikazi w’Umutima Mutagatifu wa...
Read More