Kuki impamvu ituma ibiciro bizamuka igeraho ikavaho ntibimanuke?: ikibazo cy’ubukungu kiri guhindura ubuzima busanzwe mu Rwanda
Mu masaha ashize, urwego ngenzuramikorere rw’imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA) rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri...
Read MoreRusizi: Umugabo yatwikiye umugore n’abana mu nzu,Imana ikinga akaboko
Kuri Sitasiyo y’ Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ya Nyakabuye hafungiye umugabo witwa Kwizera Eric ukekwako gutwikira mu nzu umugore we, bapfa...
Read MorePerezida Kagame yasubije abigeze kubeshya ko arembye
Perezida Paul Kagame yavuze ko igihe kinini yamaze atagaragara mu ruhame, abantu bagatangira kugira impungenge ku buzima bwe, byatewe n’uko...
Read MoreMu mategeko mashya ya RDF, umusirikare wirukanwe ashobora kongera guhabwa amahirwe, ariko uwishoye mu bupfumu…
Tekereza umusirikare warasezerewe burundu, akirukanwa mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) nyuma yo gufungwa inshuro eshatu mu gihe yari mu ngabo. Umwuga we...
Read MoreU Rwanda rwemerewe miliyoni 250$ zo guhangana n’ingaruka z’intambara yo muri Iran
Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, IMF, cyageneye u Rwanda inguzanyo iciriritse ya miliyoni 250$ azafasha igihugu guhangana n’ibibazo by’ubukungu biri...
Read MoreKwibuka32: Inama y’Abaminisitiri Ikangurira Abanyarwanda Guhangana n’Ingengabitekerezo ya Jenoside
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 2 Mata 2026 yemeje ko mu guhangana n’Ingengabitekerezo ya Jenoside igaragara haba mu Karere u Rwanda...
Read MoreIturika ry’ibisasu i Bujumbura ryakurikiwe n’akajagari kateye ubusahuzi
Ijoro ryashize umujyi wa Bujumbura waraye mu ijoro ridasanzwe ryuzuyemo ubwoba n’akajagari, nyuma y’iturika rikomeye ryabereye mu kigo cya gisirikare...
Read MoreAmavuriro ya Leta yongeye kwibutswa ko ubuzima bw’umurwayi ari bwo bwa mbere kurusha ibijyanye n’ubwishingizi
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yongeye gushimangira ko amavuriro yose ya Leta, kuva ku rwego rw’ibanze kugera ku bitaro bikuru, agomba...
Read MoreAfurika ifite urubyiruko rwinshi, ariko se rufite ijambo mu miyoborere n’icyerekezo cyayo?
Mu gihe imibare igaragaza ko hafi 60% by’abatuye Afurika bari munsi y’imyaka 25, ikibazo gikomeye gikomeje kwibazwa n’abasesenguzi ni uko iri...
Read MoreSanHub ya SAN TECH yatangiye kwakira abanyeshuri bashaka ubumenyi mu koranabuhanga
Mu gihe urubyiruko rwinshi mu Rwanda rukomeje guhangana n’ikibazo cy’ubushomeri n’icyuho kiri hagati y’ubumenyi rufite n’ibikenewe ku isoko...
Read More