Iran yahakanye inavuguruza Trump wari wavuze ko hari kuba ibiganiro hagati yabo
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo ibitero ku bikorwaremezo bitanga...
Read MoreColombia: Indege yarimo abasirikare 100 yahanutse
Indege y’ingabo zirwanira mu kirere yarimo abasirikare babarirwa hagati ya 80 na 100 yahanutse ubwo yari mu majyepfo y’igihugu, hafi y’umupaka wa...
Read MoreNgororero: Inkangu yasenye inzu ihitana nyirayo n’umugore we
Imvura nyinshi yagwaga mu Murenge wa Ngororero, Akarere ka Ngororero mu ijoro ryo ku wa 22 rishyira uyu wa 23 Werurwe 2026, yateje inkangu yasenye...
Read MoreImibare iteye impungenge: Abana 340 basambanyijwe mu mezi atatu mu Burasirazuba
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kurengera uburenganzira bw’umwana, imibare mishya itangazwa n’Ubushinjacyaha irerekana ishusho iteye...
Read MoreKagame yihanangirije abayobozi ku bwirasi n’imicungire mibi y’imishinga, ashimangira ko ari umuzi w’amakosa amaze imyaka irenga 30
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yanenze bikomeye abayobozi bo mu nzego zitandukanye z’igihugu, abashinja imicungire idahwitse...
Read MoreBobi Wine yongeye gushinja ubuyobozi bwa Uganda n’inzego z’umutekano kumuhohotera no kumusebya
Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Bobi Wine, yongeye kugaragaza impungenge ku mutekano we n’uwo umuryango we, ashinja inzego...
Read MoreUrubanza u Rwanda rwarezemo u Bwonnngereza ku masezerano y’abimukira rwatangiye: Amafaranga, amategeko n’icyerekezo cy’umubano w’ibihugu byombi
Urubanza u Rwanda rwarezemo u Bwongereza ku masezerano ajyanye no kohereza abimukira mu Rwanda rwatangiye kuburanishwa, ni urubanza rwateje...
Read MoreUbukene bw’igitoro mu Burundi bukomeje guteza ibibazo bikomeye mu buzima bwa buri munsi
Kubona igitoro mu mijyi yo mu Burundi byabaye ikibazo gikomeye ku buryo hari abagitondera imirongo iminsi ibiri cyangwa itatu ku ma station...
Read MoreSenegal yambuwe igikombe cya Africa cyandikwa kuri Morocco bikozwe na CAF
Impinduka ikomeye kandi itunguranye yabaye mu mupira w’amaguru muri Afurika: igikombe cya CAN 2025 cyahawe Maroc nyuma y’aho Sénégal itewe mpaga ku...
Read MoreMobile Money mu Rwanda: Uburyo Telefoni Yahinduye Ubuzima bw’Abaturage n’Imikorere y’Ubukungu
Mu Rwanda, uburyo bwo kohereza no kwakira amafaranga hifashishijwe telefoni, buzwi nka mobile money, bwahinduye ubuzima bwa benshi mu buryo...
Read More