Abenshi baryamanye n’abarenze umwe: Ubushakashatsi bugaragaza isura nyayo y’imibonano mpuzabitsina mu Rwanda
Ubushakashatsi bwa karindwi ku buzima n’imibereho y’abaturage, buzwi nka DHS 7 bwo mu 2025, bugaragaza ko nubwo Abanyarwanda benshi bagifata...
Read MorePortugal: Umupadiri yabaye ikimenyabose, asoma misa ku manywa nijoro akajya kuba DJ mu tubari
Umupadiri w’umunya-Portugal Guilherme Peixoto, uzwi cyane nka Padre Guilherme, yakoreye igitaramo cya muzika ya ‘electronic’ mu kabari ka AHM...
Read MoreKamonyi: Umugabo witwa Oscar yafashe umugore we bamaranye imyaka 10 asambana n’umusore arusha imyaka 15
Umugabo witwa Oscar Musabyimana, utuye mu Kagari ka Kidahwe, Umurenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi, aravuga ko afitanye amakimbirane...
Read MoreAmakipe abiri akomeye muri championa y’u Rwanda yanenze FERWAFA yazishyize ku ruhande mu gikombe cy’intwari
Amakipe ya Mukura Victory Sports na Kiyovu Sports agaragaza kutishimira icyemezo cy’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, cyo...
Read MoreUganda: Umunyapolitike wo mu shyaka rya Bobi Wine NUP ritavuga rumwe n’ubutegetsi, yatsinze amatora ari muri gereza
Muri Uganda, politiki ikomeje kwerekana isura yihariye aho bamwe mu banyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bagenda bahura n’igitutu...
Read MoreMalawi: Perezida w’iki gihugu yategetse ko umuhanda witiriwe Paul Kagame uhindurirwa izina n’ibirango byose bigahindurwa bitarenze uyu munsi
Leta ya Malawi yemeje ko umuhanda wari uzwi ku izina rya Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ubu witwa John Chilembwe, mu rwego rwo guha...
Read MoreBobi Wine avuze ko afungiwe mu rugo n’ingabo za leta, ndetse ko abashyigikiye ishyaka rye 10 bamaze kwicwa
Umuyobozi w’ishyaka National Unity Platform (NUP), Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, yatangaje ko nyuma yo kuba gutora ku munsi...
Read MoreBobi Wine ahamya ko ibyavuye mu matora byatangajwe ari ibihimbano, agashinja Komisiyo y’Amatora kubura ibisobanuro
Umuyobozi w’ishyaka National Unity Platform (NUP), Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane nka Bobi Wine, yatangaje ko atemera ibyavuye mu matora...
Read MoreUmugore bigaragara ko yiyubashye yafashwe akekwaho kwiba abarwayi mu bitaro bya CHUK
Umugore bigaragaraga ko yiyubashye yafatiwe mu Bitaro Bikuru bya Kaminuza bya Kigali (CHUK), biherereye mu Murenge wa Nyarugenge, Akarere ka...
Read MoreAFC/M23 yatangaje ko yavuye burundu mu mujyi wa Uvira, isaba Loni kuwufataho inshingano zose z’umutekano
Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) rifate umutwe wa gisirikare wa M23 ryandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (ONU), António...
Read More