Ikigo cya Amerika gishinzwe iperereza ku mpanuka z’ibinyabiziga n’indege cyatangaje ko ibinyamakuru bikomeje gutangaza amakuru y’ibihuha ku mpanuka ya Air India 171
Ikigo cy’Amerika gishinzwe iperereza ku mpanuka z’ibinyabiziga n’indege, National Transportation Safety Board (NTSB), cyatangaje ko ibinyamakuru...
Read MoreUmucamanza wa Amerika yahagaritse itegeko ryemeza ibihano bya Trump ku bashyigikira Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ICC
Mu mwanzuro utunguranye kandi wavugishije isi yose, Urukiko Rukuru rwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika rwemeje ko itegeko rya Perezida Donald Trump ryari...
Read MoreMu burasirazuba bwa RDC, Kolera ikomeje guhitana benshi: imibare y’abamaze guhitanwa n’icyo cyorezo igeze ku 757
Mu gihe ibibazo by’umutekano muke bikomeje gusenya ubuzima bwa buri munsi mu bice bitandukanye bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, ubu...
Read MoreIkipe ya Rayonsport yongeye guha ikaze abanyabigwi bayo Amissi Cedric na Rutanga Eric ndetse banakoranye imyitozo y’uyu munsi
Nzove – Umwuka w’ibyishimo n’ubwuzu wongeye gutaha mu mbuga ya Rayon Sports ubwo abakinnyi babaye ibyamamare muri iyi kipe, Cedric Amissi na Eric...
Read MorePerezida Kagame yakiriye abayobozi b’ikigo mpuzamahanga Rio Tinto, baganira ku mushinga w’ubucukuzi mu Rwanda
Kigali – Ku wa Gatanu tariki ya 18 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye mu biro bye i Village Urugwiro itsinda...
Read MoreUrukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rufashe ikemezo ku rubanza ruregwamo Ingabire Victoire Umuhoza
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 18 Nyakanga 2025, Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasomye urubanza rurebana n’ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya...
Read MoreRDC – Umujinya n’Igisa n’Urunturuntu mu Gisirikare: Umugaba Mukuru w’Ibiro by’Ingabo ku Biro bya Perezida, Jenerali Franck Ntumba, yafashwe
Inkuru yacicikanye muri aya masaha atambutse mu buryo bwa filime y’iperereza: Jenerali Franck Ntumba, wari uzwi nk’umugabo ukomeye mu butegetsi bwa...
Read MoreBidasubirwaho havumbuwe urukingo rwa virusi itera SIDA rukoreshwa rimwe mu mezi 6 nk’uko byatangajwe na OMS
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) ryatangaje igisubizo gishya mu kurwanya virusi itera SIDA (HIV): Lenacapavir (LEN),...
Read MoreAfurika igomba gushora imari muri Afurika niba ishaka gushinga imizi no kubaka ejo hazaza heza
Mu gihe isi ikomeje guhindura amateka y’ubukungu n’ubuyobozi, impaka zirakomeza gukara ku mugabane w’Afrika: Ese koko dushobora gusigasira ejo hazaza...
Read MoreBurkina Faso: Guverinoma y’igisirikare Yatangaje Ko ivanyeho burundu Komisiyo y’Igihugu Y’Amatora
Guverinoma y’igisirikare iyobora Burkina Faso yatangaje ko yakuyeho Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (CENI), icyemezo kidasanzwe mu mateka y’ukuri kwa...
Read More