Joyland Company Ltd yari ifite ibyangombwa byose byo gukora imitobe, ariko yaje gutandukira
Uru ruganda Joyland Company Ltd, ruzwiho gukora imitobe ya SALAMA Juice, rwari rumaze imyaka rufite ibyangombwa byose by’ubuziranenge byatanzwe...
Read MoreInkuru y’urukundo: nabonye ubwiza bw’umwiza nakunze yapfuye
Nitwa NTACO, uyu munsi nariho ntembera mfite guitar muntoki mpura n’umugabo ugaragara nk’aho ari mu kigero cy’imyaka 37. Ni umugabo...
Read MoreBurundi: Abasirikare 506 bahanishijwe kuzenguruka igihugu n’amaguru nyuma yo kwishyuza amafaranga bakobokeye
Mu Burundi haravugwa inkuru y’itsinda ry’abasirikare 506 bahawe igihano kidasanzwe cyo kuzenguruka igihugu cyose n’amaguru, nyuma yo kwishyuza Leta...
Read MoreCameroun: Issa Tchiroma yongeye guhamya ko yatsinze amatora ku majwi 55%– ibinyuranye na byo amajwi azaba yibwe
Issa Tchiroma Bakary, wahoze ari umuvugizi wa Leta ya Cameroun, none akaba atavuga rumwe na yo, yatangaje ko ari we watsinze amatora yabaye ku...
Read MoreDr Munyemana Sosthène yahamijwe icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi – Ubutabera bwatsinze ibinyoma n’akarengane
Tariki 23 Ukwakira 2025 izahora yibukwa nk’umunsi ukomeye mu mateka y’ubutabera mpuzamahanga ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Nyuma...
Read MoreAFC/M23 yatangaje ko igiye gutangira kurasa drone za FARDC ziri kuyirasa
Umuryango w’inyeshyamba wa AFC/M23 watangaje ko ugiye gutangira kurasa drone z’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...
Read MoreRulindo: Umugabo wari waburiwe irengero yasanzwe yapfuye mu buryo butamenyekanye
Mu karere ka Rulindo, umurenge wa Cyinzuzi, haravugwa urupfu rwa Kagina Ndagijimana, wapfuye mu buryo butaramenyekana nyuma y’iminsi ibiri aburiwe...
Read MoreUbwenge buhangano bugiye gufasha mu gukemura ikibazo cy’ubucucike mu mashuri — Minisitiri Nsengimana
Minisitiri w’Uburezi, Dr. Joseph Nsengimana, yatangaje ko Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence, AI) bugiye kuba igikoresho gikomeye mu gukemura...
Read MoreAmateka ya Perezida Paul Kagame wujuje imyaka 68 y’amavuko
Perezida w’u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame, yujuje imyaka 68 y’amavuko. Tugiye kubagezaho incamake y’amateka ye. Perezida wa...
Read MoreGASABO: Abagabo babiri bakurikiranyweho kwica umukecuru bamutwikishije lisansi
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwakiriye dosiye iregwamo abagabo babiri bakekwaho kwica umukecuru w’imyaka 71 bokesheje lisansi kugeza...
Read More