Inkubi y’umuyaga yiswe Melissa yahitanye ubuzima bwa benshi, ibikorwa remezo birangirika, ibirwa bya Caraïbes ntibikiri nyabagendwa
Mu gihe Isi ikomeje guhura n’ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe, ibirwa bya Caraïbes biri mu bihe bikomeye bitigeze bibaho mu mateka yabyo. Inkubi...
Read MoreUmukwabu i Dar Es Salaam: Ingaruka z’amatora muri Tanzania zishobora guteza ibihombo ku bukungu bw’u Rwanda
Dar es Salaam, umujyi munini kandi n’umutima w’ubukungu bwa Tanzaniya, uri mu bihe by’umukwabu guhera ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu nyuma...
Read MoreUyu munsi mu mateka: Tariki ya 28 Ukwakira: Umunsi uhuza amateka y’u Rwanda, Afurika n’Isi mu murongo w’iterambere n’ubwenge
Hari iminsi ijya kuba nk’indangamirwa y’ibihe, iminsi yanditse mu rutare rw’amateka, aho isi ifata akanya ikibaza uko ibihe byahinduye isura yayo....
Read MoreU Burundi mu gihirahiro hagati y’intambara ya Tshisekedi n’inama z’abarwanyi ba M23/AFC
Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, ari mu ihurizo rikomeye rishingiye ku ntambara y’uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Read MorePerezida Paul Biya w’imyaka 92 yongeye gutorerwa kuyobora Cameroun ku nshuro ya munani
Perezida wa Cameroun, Paul Biya, ufite imyaka 92, yongeye gutsindira kuyobora iki gihugu, nk’uko byatangajwe kuri uyu wa mbere n’Urukiko rushinzwe...
Read MoreRDC: Leta yahangayikishijwe n’ubwiyongere bw’ubujura bukorerwa ku mugaragaro, cyane cyane muri Kinshasa
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) yatangaje ko ihangayikishijwe n’ubwiyongere bw’ibikorwa by’ubujura n’ubushimusi...
Read MoreIturi: Abaturage bo mu gace ka Kakwa bamaganye ihohoterwa n’akarengane bikorwa n’inzego z’umutekano
Abagize sosiyete sivile mu bwami bwa Kakwa, muri teritwari ya Aru mu ntara ya Ituri, bamaganye ibikorwa by’ihohoterwa n’akarengane bikomeje gukorwa...
Read MoreMadagascar yashyizeho itegeko ryo gukona abasambanya abana , ariko ntivugwaho rumwe
Mu mwaka wa 2024, igihugu cya Madagascar cyabaye icya mbere muri Afurika cyemeje itegeko rihanisha gukonwa cyangwa guhabwa imiti ibuza ubushake bwo...
Read MoreCLADHO yasabye ko imikwabu yo gukura abana mu muhanda ihagarara nyuma y’urupfu rw’umwana waguye muri Ruhurura
Impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda (CLADHO) yatangaje ko itishimiye uburyo bwo gukura abana mu muhanda hifashishijwe...
Read MoreU Rwanda rwahaye Afurika y’Epfo imodoka eshanu zari zaribwe, zafatiwe ku mipaka itandukanye
U Rwanda rwashyikirije Leta ya Afurika y’Epfo imodoka eshanu zari zaribwe muri icyo gihugu, nyuma yo kuzifatira ku mipaka ya Gatuna, Rusumo na...
Read More