Amabaruwa ya Hillary Clinton ashyirwa hanze: Ese NATO yishe Gaddafi kubera umugambi wa“United States of Africa”?
Mu minsi ishize, ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa amakuru avuga ko amabaruwa ya email ya Hillary Clinton yigeze gushyirwa hanze...
Read MoreTour du Rwanda 2026: Impinduka n’ibishya bitegerejwe mu isiganwa riri kuba ku nshuro ya 18
Kuva ku Cyumweru tariki ya 22 Gashyantare kugeza ku ya 1 Werurwe 2026, mu bice bitandukanye by’u Rwanda hari kuba irushanwa mpuzamahanga ry’amagare,...
Read MoreAbantu Babiri Bitabye Imana mu mpanuka Yabereye muri Tour du Rwanda 2026 i Gabiro
Abantu babiri bitabye Imana, abandi batandatu barakomereka nyuma y’impanuka yabereye mu gace ka Gabiro kuri iki Cyumweru, tariki ya 22 Gashyantare...
Read MoreUmusaza w’imyaka 76 akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 13 amushukishije 5000 Frw
Umusaza w’imyaka 76 wo mu Karere ka Nyamasheke ari mu maboko y’inzego z’ubugenzacyaha, akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 13,...
Read MoreUmudepite ukiri muto mu nteko arasaba ko abagabo bemererwa gushaka abagore benshi
Impaka ku miterere y’umuryango n’uburenganzira bw’abagore zongeye gufata indi ntera muri Côte d’Ivoire, nyuma y’uko umudepite muto kurusha...
Read MoreU Rwanda ruvuga ko u Burundi budakwiye kuba mu buhuza bwa AU ku ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Burundi budakwiye kugira uruhare mu buhuza...
Read MoreYves Kimenyi yasezeye ku mupira w’amaguru, atangaza umushinga “BEYOND90” ugamije gufasha abakinnyi gutekereza ubuzima nyuma y’umupira
Umunyezamu w’Umunyarwanda Yves Kimenyi yatangaje ku mugaragaro ko asezeye ku gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga ku myaka 33, asoje...
Read MoreDonald Trump yatangaje ko America igiye gushyira hanze amadosiye ajyanye n’ibivejuru
Nyuma y’amagambo yigeze kuvugwa n’uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barrack Obama agaruka ku kuba hari ibintu byabonwe mu...
Read MoreImpamvu Nyakwigendera Muammar Gaddafi yari yarahisemo kurindwa n’abagore
Mu myaka ya 1980, Perezida wa Libiya icyo gihe, Muammar Gaddafi, yatangiye kugaragara mu ruhame azengurutswe n’itsinda ry’abagore bamurindaga. Ku...
Read MoreAfurika y’Epfo: Umuhungu wa Robert Mugabe yatawe muri yombi akurikiranyweho kugerageza kwica umuntu
Polisi ya Afurika y’Epfo yatangaje ko yataye muri yombi Chatunga Mugabe, umuhungu wa Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe, akurikiranyweho...
Read More