JUBA – Raporo nshya ya Loni yerekana amakenga mu mikoreshereze y’amafaranga ya leta mu 2023/24
Umwuka w’amakenga ukomeje kuzengurutsa isura y’imari ya Leta ya South Sudan, nyuma y’uko Itsinda ry’Impuguke za LONI (UN Panel of Experts) risohoye...
Read MoreMuri Repuburika iharanira demokarasi ya Congo, Uvira umujyi utuwe n’abacuruzi n’aborozi, uherereye ku mupaka wa Sud-Kivu, uri kugenda uhinduka igicumbi cy’umugambi urembeje akarere.
Amakuru dukesha Voice of Kivu na yo ikesha abari mu nzego z’iperereza n’abaturage batuye aho, yerekana ko u Burundi na Leta ya Kinshasa bari mu...
Read MoreUbuyobozi bwa AFC/M23 bubinyujije muri gahunda yiswe Zero Maibobo, bwakoze igikorwa cyo gufasha abana n’abatishoboye bo ku mihanda
Mu mihanda ya Goma, habereye igikorwa kigaragaza impinduka zifatika muri gahunda izwi nka Zero Maibobo. Ubuyobozi bwa AFC_M23, burimo kuyobora uyu...
Read MoreOmar Gning yamaze gutanga ikirego muri FERWAFA arega Rayonsport
Mu makuru ageze ku kinyamakuru cyacu mu buryo bwihuse, myugariro w’umunyasenegali Omar Gning yamaze kwitabaza Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu...
Read MoreMu buryo bw’urwenya BRD yibukije abigiye ku nguzanyo bizwi nka Buruse ko kwishyura ari itegeko
Mu gihe hari benshi mu banyeshuri barangije amashuri makuru cyangwa Kaminuza bamaze imyaka baribagiwe cyangwa nguzanyo bahawe ngo bige, Banki itsura...
Read MoreYifashishije ifoto perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yibasiye abamushinja guhonyora uburenganzira bw’ikiremwa muntu abibutsa ko ari bo bishe abanyafurika basaga million 30
Muri iyi minsi ibihugu by’i Burayi n’u Burengerazuba bw’Isi byakomeje kugaragara ku isonga mu kotsa igitutu u Burusiya ku byerekeye uburenganzira bwa...
Read MoreU Rwanda rwitabiriye inama ya 34 ihuza inzego zifata ibyemezo za EASF i Mogadishu
Muri iki cyumweru u Rwanda rwagaragaje ubushake bwo gukomeza guteza imbere amahoro n’umutekano mu karere, ubwo Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda...
Read MoreUko uwari perezida wa Nigeria yashyinguwe bikomeje kuba isomo kuri benshi
Mu gitondo cyuzuyemo amarira n’isengesho, mu cyaro cya Daura, mu majyaruguru ya Nijeriya, abantu babonye isomo rikomeye ry’ubuzima n’urupfu. Bwana...
Read MoreU Bushinwa bwatangaje ko buhagaze ku ruhande rwa Iran mu kurengera uburenganzira bwayo, ndetse ko itazemera ko icyo gihugu gisuzugurwa cyangwa gihutazwa n’indi leta
Mu gihe ubushyamirane muri Leta zitandukanye zo mu Burengerazuba n’u Burasirazuba bugenda bwiyongera, igihugu cy’u Bushinwa cyatangaje ko...
Read MoreUkraine yishimiye icyemezo cya Trump cyo kongera kohereza intwaro, ariko haracyari ibibazo bisaba gukemurwa
Mu gihe intambara ikomeje hagati y’Uburusiya na Ukraine igaragara nk’itazihutirwa guhagarikwa, icyemezo cya vuba cya Perezida wa Leta...
Read More