INKURU Y’URUKUNDO, gukundana ni ukwitangira uwo ukunda ukigomwa ibyishimo byawe ku bw’ibye
Umugabo w’umukene cyane wabanaga n’umugore we. Umunsi umwe, umugore we, wari ufite umusatsi muremure mwiza yamusabye kumugurira...
Read MoreM23 iri gushinjwa kwiba zahabu ya million $70 muri RDC, impungenge ku bukungu n’umutekano w’akarere
Ikigo cya Twangiza Mining gikora ubucukuzi bwa zahabu muri Kivu y’Epfo cyatangaje ko umutwe wa M23 umaze kwiba nibura ibilo 500 bya zahabu,...
Read MoreFERWAFA yahakanye amakuru yavugaga ko yahagaritse abasifuzi babiri muri Rwanda Premier League
FERWAFA yahakanye amakuru yavugaga ko yahagaritse abasifuzi babiri muri Rwanda Premier League Amakuru yari amaze amasaha macye acaracara ku mbuga...
Read MoreRIB yafashe Bucyanayandi Emmanuel wiyitaga umuvugabutumwa, wagaragaye mu mashusho atera ubwoba abakristu ko bagomba gutura nk’ikiguzi cyo gukurirwaho urupfu
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ku bufatanye n’Urwego rwa Polisi y’u Rwanda, rwataye muri yombi Bucyanayandi Emmanuel, wiyitaga...
Read MoreNkundineza Jean Paul avuga ku buzima bwo muri gereza, ikoranabuhanga n’ibyavuzwe kuri Mutesi Jolly
Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yavuze ko nyuma yo gufungurwa mu Igororero rya Kigali, yasanze isi y’ikoranabuhanga, cyane cyane irishingiye ku...
Read MoreKaminuza ya Arizona yanze gushyira umukono ku masezerano ya Leta ya Perezida Trump isaba kaminuza guhindura politiki zayo
Kaminuza ya Arizona yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yanze gushyira umukono ku masezerano mashya ya Leta ya Perezida Donald...
Read MoreInama ikomeye ku basore n’inkumi muherutse kurangiza amasomo muri kaminuza y’u Rwanda
Kimwe cyo ni uko abantu bize nyamara bakaba badafite akazi ari bamwe mu bagize ku kigero cyo hejuru umubare munini w’abantu batishimye kandi...
Read More“Si uko tudashoboye, ahubwo ni uko tudafite abadusunika” — Urubyiruko rugaragaza akarengane mu itangwa ry’akazi mu Rwanda
Ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane kuri X (yahoze ari Twitter), impaka zikomeye zatewe na posti ya konti yitwa DUDE Talks (@dudeetalks) yabajije...
Read MoreMalawi: Perezida Peter Mutharika yatangaje ko guhera muri Mutarama 2026 kwiga mu mashuri yisumbuye bizaba ari ubuntu
Perezida wa Malawi, Peter Mutharika, yatangaje ko guhera muri Mutarama 2026, igihugu cye kigiye gutangiza gahunda nshya yo kwigisha...
Read MoreRIB yafunze umukobwa wakuyemo inda uruhinja akaruta mu ndobo yo mu bwiherero bw’ikigo nderabuzima
Karongi, taliki ya 19 Ukwakira 2025 — Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruri gukurikirana umukobwa witwa Tuyubahe Emerance, w’imyaka 21, ukekwaho...
Read More