Imirwano ikomeje gukara mu misozi ya Kivu y’Amajyepfo: Ibisasu byatewe hafi ya Mikenke, abarwanyi benshi barahagwa
Mu gihe umutekano ukomeje guhungabana mu misozi ya Kivu y’Amajyepfo, igice gituwe n’Abanyamulenge, ibikorwa by’intambara byaraye bifashe indi ntera...
Read MoreEse gukorakora cyangwa konka amabere y’umugore bifite inyungu ku mugabo? Dore icyo ubushakashatsi buvuga
Mu biganiro bitandukanye, hari abagabo n’abagore bagaragaza ko gukorakora cyangwa konka amabere y’umugore igihe bari mu gikorwa cy’urukundo bibatera...
Read MoreUmunyamabanga Mukuru w’Ihuriro ry’Inteko Zishinga Amategeko ku Isi yashimye amasezerano y’amahoro hagati ya RDC n’u Rwanda, anasezeranya ubufasha mu kuyashyira mu bikorwa
Martin Chungong, Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Inteko Zishinga Amategeko ku Isi (IPU), akaba akomoka muri Cameroun, yahuye...
Read MoreThomas Partey wahoze akinira Arsenl yarekuwe by’agateganyo ku byaha akurikiranyweho by’ihohotera rishingiye ku gitsina
Thomas Partey, umukinnyi mpuzamahanga w’Umunya-Ghana wahoze akinira Arsenal yo mu Bwongereza, yarekuwe by’agateganyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 5...
Read MoreUbutwererane Bushobora Guhungabana: Leta ya Trump Yasabye Isesengura ry’Icyubahiro cya Kenya nk’Inshuti ya Amerika itari iya NATO
Mu gihe Kenya yari ikiri mu byishimo by’icyubahiro yahawe n’Amerika nk’igihugu cya mbere muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara cyahawe umwanya...
Read MoreLeta Zunze Ubumwe za Amerika yatangije umushinga wo gushyira M23 na RSF ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba mpuzamahanga
Washington D.C – Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo gutegura umushinga w’itegeko (amendment) ushobora kuvamo icyemezo gikomeye mu mateka y’ububanyi...
Read MoreAbaturage basaga 10,000 babayeho mu buzima bushaririye bw’iyicarubozo mu gace ka Uvira
Abaturage barenga 10,000 bahungiye mu karere ka Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, bari mu bibazo bikomeye by’ubuzima n’ubutabazi, nyuma yo guhunga...
Read MoreInzara iravuza ubuhuha mu bihugu bya AFURIKA n’uburasirazuba bwo hagati
Mu gihe raporo nshya y’Umuryango w’Abibumbye igaragaza igabanuka ry’inzara ku rwego rw’isi, Afurika n’Uburasirazuba bwo hagati byo bikomeje...
Read MoreAbantu barenga 50 bamaze guhitanwa n’impanuka z’imodoka guhera mu ntangiro za 2025
I Bunia, umujyi mukuru w’intara ya Ituri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hamaze kwandikwa abantu nibura 51 bahitanywe...
Read MoreU Rwanda Rugiye Kwakira Abimukira 250 baturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika: Indangagaciro z’Ubuhungiro Zihuzwa n’Ubufatanye Mpuzamahanga
Kigali – U Rwanda rwemeye kwakira abimukira 250 baturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu rwego rw’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi,...
Read More