Iran yahakanye inavuguruza Trump wari wavuze ko hari kuba ibiganiro hagati yabo
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo ibitero ku bikorwaremezo bitanga...
Read MoreColombia: Indege yarimo abasirikare 100 yahanutse
Indege y’ingabo zirwanira mu kirere yarimo abasirikare babarirwa hagati ya 80 na 100 yahanutse ubwo yari mu majyepfo y’igihugu, hafi y’umupaka wa...
Read MoreImpungenge ku mutekano wa California: Iran yagize icyo ivuga ku byatangajwe na FBI ko izatera Calfornia
Nyuma y’amakuru aturuka mu bitangazamakuru mpuzamahanga avuga ko urwego rushinzwe iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Federal...
Read MoreAmerika yakuyeho by’agateganyo ibihano yari yarafatiye peteroli y’u Burusiya
Ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwatanze uruhushya rwihariye rwemerera ibihugu kugura by’agateganyo peteroli zimwe na zimwe z’u...
Read MoreUbutasi bwa Amerika FBI bwatangaje ko Iran yiteguye kurasa California
Urwego rw’ubutasi rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, FBI, rwaburiye inzego z’umutekano zo muri leta ya California ko igihugu cya Iran gishobora...
Read MoreTrump yatangaje guhagarika intambara Iran iti “mwabonye muyitangiza ariko simwe muzayirangiza” ihita ifunga umuhora wa Peteroli
Isi yongeye kwikanga nyuma y’uko umwuka mubi hagati ya Iran, Israel na Amerika uhindutse imirwano yeruye, igizwe n’ibitero bya gisirikare, ibisasu...
Read MoreDonald Trump yatangaje ko nta wundi mushinga azongera gusinya hatarashyirwa mu bikorwa umushinga we ukumira abatinganyi n’abihinduje igitsina
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atazongera gusinya undi mushinga w’itegeko uwo ari wo wose mbere y’uko...
Read MoreAmbasade y’u Rwanda muri leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yasohoye itangazo rigenewe Abanyarwanda bari muri izo leta na Bahrain
Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yatangaje ko muri ubi bihe by’intambara Iran ihanganyemo na Israel...
Read MoreUbushinwa Bwahakanye Guha Iran Inkunga ya Gisirikare, Bushinja Amerika na Israel Kwangiza Ibiganiro bya Nikleyeri
Guverinoma y’Ubushinwa yahakanye amakuru yavugaga ko iri guha Iran inkunga ya gisirikare mu gihe intambara ikomeje gukaza umurego hagati ya Tehran na...
Read MoreDonald Trump yatangaje ko America igiye gushyira hanze amadosiye ajyanye n’ibivejuru
Nyuma y’amagambo yigeze kuvugwa n’uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barrack Obama agaruka ku kuba hari ibintu byabonwe mu...
Read More