CLADHO yasabye ko imikwabu yo gukura abana mu muhanda ihagarara nyuma y’urupfu rw’umwana waguye muri Ruhurura
Impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda (CLADHO) yatangaje ko itishimiye uburyo bwo gukura abana mu muhanda hifashishijwe...
Read MoreRulindo: Umugabo wari waburiwe irengero yasanzwe yapfuye mu buryo butamenyekanye
Mu karere ka Rulindo, umurenge wa Cyinzuzi, haravugwa urupfu rwa Kagina Ndagijimana, wapfuye mu buryo butaramenyekana nyuma y’iminsi ibiri aburiwe...
Read MoreMunyakazi Sadate yasabye imbabazi ku magambo yavugiye mu nama y’urubyiruko rwa RPF-Inkotanyi
Munyakazi Sadate, umwe mu bashoramari bazwi mu Rwanda ndetse wigeze no kuyobora ikipe ya Rayon Sports, yasabye imbabazi ku mugaragaro nyuma...
Read MoreRWANDA – BURUNDI: Akarago k’Amateka Amwe
“Amaso y’inkuba ni ay’abareba kure, ariko umutima w’isunzu ni uwibuka aho akomoka. U Rwanda n’u Burundi byacumbitse ku mpande z’impinga imwe,...
Read MoreBamwe mu bakora ingendo mu Mujyi wa Kigali baratabaza: “Kugera ku kazi bisaba amasaha menshi n’amafaranga menshi”
“Ibi bintu bifite ukuntu bigabanya umuvuduko w’amajyambere y’igihugu. Ubyange cyangwa ubyemere. 🤷♀️” Ayo ni amagambo y’umunyamakuru Oswald...
Read MoreAmb. Olivier Nduhungirehe yasubije Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa RDC ku magambo ye arega u Rwanda gufasha M23
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasubije amagambo yatangajwe na mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi...
Read MoreHimbara: Umwanditsi wananiwe wuzuye urwango ku Rwanda no kuri Perezida Kagame
David Himbara, wahoze ari umukozi mu biro bya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, yabaye umuntu uzwi cyane si ku bikorwa bye bifatika, ahubwo ku...
Read MorePerezida Kagame yakiriye Massad Boulos, Umujyanama Mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Afurika
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye mu biro bye Massad Boulos, Umujyanama Mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe...
Read MoreRURA Yanyomoje Amakuru y’Ikinyamakuru Imvaho Nshya ku Kugabanya Moto mu Mujyi wa Kigali
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwanyomoje amakuru yatangajwe n’ikinamakuru Imvaho Nshya yavugaga ko mu minsi ya vuba moto zitwara abagenzi mu Mujyi...
Read More“Twakoraga ijoro n’amanywa ariko amafaranga turayabura” abakorerabushake bakoze mu irushanwa rya UCI barataka kwamburwa
Mu minsi icumi ishize, irushanwa mpuzamahanga ry’amagare rya UCI Road World Championships Kigali 2025 ryabereye mu Rwanda ryagaragaje isura nziza...
Read More