Uganda: Anita Among wahoze ayobora abadepite afungiwe iwe mu rugo
Discover more from INGANZO HUB
Subscribe to get the latest posts sent to your email.
Amakuru aturuka mu begereye iyi dosiye avuga ko abasirikare bavuye mu mutwe wa Special Force Command bakomeje kugota urwo rugo nyuma y’isaka ryakozwe nijoro na CID n’izindi nzego z’umutekano.
Umwe mu bavuganye na Chimpreports yagize ati: “Akomeje gukumirwa cyane no gukurikiranwa n’abashinzwe umutekano mu gihe iperereza rigikomeje.”
Andi makuru avuga ko abashinzwe iperereza babuzaga kugera kwa Among kuko bakomeje gusuzuma inyandiko n’ibikoresho byabonetse mu gihe cy’isaka ryakozwe mu ijoro ryo ku wa Gatandatu.
Ibi bije mu gihe iperereza rikomeje ku bantu benshi bafitanye isano na Anita Among, nyuma y’uko byemejwe n’Umugenzuzi Mukuru wa Guverinoma, Aisha Batala Nalule, ibiro bye byakiriye ibirego bivuga ko kutubahiriza amategeko agenga abayobozi. Ba uwa mbere ku makuru yacu https://whatsapp.com/channel/0029Vad5UfC89inh67apBK2j
Subscribe to get the latest posts sent to your email.
Subscribe now to keep reading and get access to the full archive.