“Umukobwa w’imyaka 34 wa Tommy Lee Jones wamamaye muri Men in Black yabonetse yapfuye mu hoteli y’inyenyeri eshanu ku munsi w’Ubunani”
Victoria Jones, umwana wa Tommy Lee Jones, yatangajwe ko yapfuye mu hoteli i San Francisco ku munsi w’Umwaka Mushya Victoria Kafka Jones,...
Read MoreCDS Gen. Mubarakh Muganga yabaye Rayon Sports ubutumwa bukomeye mbere ya Super Cup bazahuramo na APR FC
Umuyobozi w’icyubahiro wa APR FC akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (CDS), Lt. Gen. Mubarakh Muganga, yahaye ubutumwa bukomeye ikipe ya Rayon...
Read MoreIndirimbo “Pom Pom” ya Bruce Melodie, Diamond Platnumz na Joel Brown yasohotse, amafaranga yayo akazasaranganywa mu nyungu
Ku wa 1 Mutarama 2026, abahanzi Bruce Melodie wo mu Rwanda, Diamond Platnumz wo muri Tanzania na Joel Brown wo muri Nigeria bashyize hanze indirimbo...
Read MoreEse amasaha yo mu kwa mbere arihuta koko? Impamvu abantu bumva ko ukwa mbere kwihuta, nyamara amasaha adahinduka
Cyera, mu bwana bw’abantu benshi, kujya ku ishuri byasabaga urugendo rurerure, rimwe na rimwe rwambukiranya imisozi, imigezi n’inzira zigoye. Abana...
Read MoreAFC/M23 yeruriye America ko itazongera kuva mu bice yafashe hatabanje gushyirwaho ingabo zitabogamye
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ritazongera kwemera kuva mu bice ryafashe hatabanje gufatwa ingamba zihamye zo...
Read MoreNyuma y’imyaka ari umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC, Martin Fayulu yahinduye icyerekezo yiyunga na Tchiseked
Umunyapolitiki utavugaga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Martin Fayulu, yatangaje ko yahinduye icyerekezo cya...
Read MorePerezida Ndayishimiye yongeye gushinja u Rwanda guteza umutekano muke mu karere
Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yongeye kunenga u Rwanda mu ijambo risoza umwaka wa 2025 yagejeje ku baturage b’igihugu cye, agaragaza...
Read More🔥Abajura bateye ishami rya banki mu Budage bakoresheje imashini ikomeye bacukura coffre-fort, bibye miliyoni 30 z’amayero
Abajura bateye ishami rya banki mu Budage bakoresheje imashini ikomeye bacukura coffre-fort, bibye miliyoni 30 z’amayero Mu ijoro ryo mu mpera...
Read MoreAbayobozi ba AFC/M23 batangaje icyerekezo cy’umwaka wa 2026 mu muhango wabereye i Goma
Abayobozi bakuru b’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) bahuriye mu mujyi wa Goma mu gikorwa cyo gusangira indamutso z’igihe gishya, cyabaye...
Read MorePerezida Kagame asaba urubyiruko gushingira ku ndangagaciro no ku mirimo ifite umumaro
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimangiye ko urubyiruko ari inkingi y’ingenzi y’ejo hazaza h’igihugu, arusaba gushingira ku...
Read More