Amerika yashyize igitutu kuri Ukraine, Trump asaba Zelenskyy kurangiza intambara na Putin vuba
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yongeye gushyira igitutu kuri Ukraine, iyisaba guhagarika intambara ikomeje guhuza iki gihugu n’u Burusiya, igashyira...
Read MoreNyamasheke: Umugabo yatawe muri yombi azira kwiba ingurube no kugurisha inyama zayo
Umugabo w’imyaka 41 wo mu Murenge wa Bushekeli mu Karere ka Nyamasheke yatawe muri yombi kuri iki Cyumweru tariki ya 17 Kanama 2025, nyuma yo...
Read MoreKigali: Umugabo yabuze ayo kwishyura indaya imufatira imyenda
Mu Murenge wa Kinyinya, Akarere ka Nyarugenge, haravugwa inkuru itangaje y’umugabo washyizwe mu mazi abira nyuma yo kuryamana n’indaya akabura...
Read MoreZelenskyy yongeye kwibutswa na white House: “Nugaruka utambaye uko bikwiye ntuzakirwa”
Kuri uyu munsi biteganyijwe ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, aza guhura na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...
Read MoreAbana barenga ibihumbi 62 babana na virusi ya Sida, abayobozi baravuga ko hakenewe ibisubizo byihuse
Nk’uko byatangajwe na NASCOP mu mibare ya 2024, abana 62,798 bafite imyaka iri hagati ya 0 na 14 mu gihugu cya Kenya babana na virusi itera Sida....
Read MoreAFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta n’Abambari Bazo Kurasa mu Bice Bituwemo Abaturage
Ihuriro rya AFC/M23 ryashinje Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abambari bazo kugaba ibitero bikomeye mu bice bituwemo abaturage,...
Read MorePresident Ibrahim Traoré umusingi wo kongera kubyuka kwa Panafricanism
Mu gihe cy’imyaka ibiri gusa amaze ku butegetsi, Kapiteni Ibrahim Traoré, Perezida wa Burkina Faso, yamaze kuba ishusho nshya y’ivugururwa rya...
Read MoreAmerika yanenze uko amasezerano y’amahoro atubahirijwe mu burasirazuba bwa RDC
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye uburyo amasezerano y’agahenge hagati ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’ihuriro rya...
Read MoreTrump na Putin basoje inama i Alaska nta masezerano ku ntambara yo muri Ukraine
Inama yari itegerejwe cyane hagati ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin,...
Read MoreUR yakiriye ubusabe ibihumbi 16 basaba kwinjira muri Kaminuza, ariko hazakirwa 8,000 gusa
Kaminuza y’u Rwanda (UR) yatangaje ko mu mwaka w’amashuri wa 2025–2026 izakira abanyeshuri bashya 8,000 mu mwaka wa mbere w’amashuri y’icyiciro cya...
Read More