Perezida wa Cameroun Paul Biya yasabye Abanya-Kameruni kwiyunga abamunenga bavuga ko “amazi yarenze inkombe”
Perezida umaze igihe kirekire kuri izi nshingano wa Kameruni, Paul Biya, yasabye abaturage “kwiyunga” nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu yabaye ku...
Read MoreGUINEA: Col Mamadi Doumbouya yatanze kandidatire ye ku mwanya wa Perezida, Ahonyora Isezerano Yari Yarahaye Abaturage
Umugaba w’Ingabo wayoboye ihirikwa ry’ubutegetsi muri Guinea mu 2021, Col Mamadi Doumbouya, yamaze gutangaza ko aziyamamaza ku mwanya wa...
Read MoreUmuryango wa Afurika yunze ubumwe washimiye byimazeyo Samia Suluhu Hassan watsinze amatora unibutsa abaturage kwigaragambya mu buryo butekanye
Umuyobozi w’Akanama k’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Bwana Mahmoud Ali Youssouf, yatangaje ubutumwa bwo gushimira Nyakubahwa Perezida Samia...
Read MorePerezida Paul Biya w’imyaka 92 yongeye gutorerwa kuyobora Cameroun ku nshuro ya munani
Perezida wa Cameroun, Paul Biya, ufite imyaka 92, yongeye gutsindira kuyobora iki gihugu, nk’uko byatangajwe kuri uyu wa mbere n’Urukiko rushinzwe...
Read MoreMadagascar yashyizeho itegeko ryo gukona abasambanya abana , ariko ntivugwaho rumwe
Mu mwaka wa 2024, igihugu cya Madagascar cyabaye icya mbere muri Afurika cyemeje itegeko rihanisha gukonwa cyangwa guhabwa imiti ibuza ubushake bwo...
Read MoreCameroun: Issa Tchiroma yongeye guhamya ko yatsinze amatora ku majwi 55%– ibinyuranye na byo amajwi azaba yibwe
Issa Tchiroma Bakary, wahoze ari umuvugizi wa Leta ya Cameroun, none akaba atavuga rumwe na yo, yatangaje ko ari we watsinze amatora yabaye ku...
Read MoreMalawi: Perezida Peter Mutharika yatangaje ko guhera muri Mutarama 2026 kwiga mu mashuri yisumbuye bizaba ari ubuntu
Perezida wa Malawi, Peter Mutharika, yatangaje ko guhera muri Mutarama 2026, igihugu cye kigiye gutangiza gahunda nshya yo kwigisha...
Read MoreAbagabo babiri bafunzwe bazira umugambi wo kwica Perezida wa Zambiya bakoresheje uburozi
Abagabo babiri bo muri Zambiya na Mozambike bakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri gisangiwe n’imirimo y’agahato nyuma yo guhamywa icyaha cyo...
Read MoreMADAGASCAR: Ingabo Zifatanyije n’Abigaragambyaga Zifashe Ubutegetsi Nyuma yo Guhirika Perezida Andry Rajoelina
Ingabo za Madagascar zatangaje ko zifashe ubutegetsi nyuma y’uko Inteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu itoye ku wa Kabiri ishyigikira itegeko...
Read MoreIssa Tchiroma Bakary yiyimitse nka Perezida wa Cameroun mbere y’uko hatangazwa ibyavuye mu matora
Yasabye Paul Biya kumuhamagara ngo amwifurize amahirwe masa, mu gihe guverinoma yamuburiye ko ibyo ari “uguhirika ubutegetsi” Mu gihe...
Read More