Congo: Umuryango wa Tshisekedi mu Manza z’Ubukungu, Ubucukuzi n’Amasoko y’Intwaro
Umuryango wa Perezida Félix Tshisekedi wongeye gushyirwa mu majwi n’imiryango itandukanye itegamiye kuri Leta, nyuma y’uko hagaragajwe icyegeranyo...
Read MoreBitewe no kwizigama umwana yishyuriye mugenzi we wari wabuze ubushobozi bwo kwishyura ishuri
Kigali urubyiruko rurasabwa guhindura imyumvire no gutangira kuzigama bakiri bato, aho gutegereza kugera igihe batangiye kubona umushahara. Ni...
Read MoreAbakiriya ba Equity Bank bakomeje kwinubira ibyo bita service mbi itangwa n’iki kigo k’imari, barasaba impinduka
Abakiriya ba Equity Bank Rwanda bakomeje kugaragaza kutanyurwa n’imikorere y’iyi banki, cyane cyane ku bijyanye n’amafaranga akatwa igihe bohereza...
Read MoreUmukwabu i Dar Es Salaam: Ingaruka z’amatora muri Tanzania zishobora guteza ibihombo ku bukungu bw’u Rwanda
Dar es Salaam, umujyi munini kandi n’umutima w’ubukungu bwa Tanzaniya, uri mu bihe by’umukwabu guhera ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu nyuma...
Read MoreIfaranga ry’u Burundi rikomeje kuzamura agaciro ku isoko mpuzamahanga ku kigero kidasanzwe
Mu gihe ibihugu byinshi byo mu karere bikomeje guhura n’ingaruka z’izamuka ry’ibiciro n’ibura ry’amadovize, u Burundi bwo buri kubonwa nk’igihugu...
Read MoreIkiyaga Gishya mu Rwanda: Amahirwe n’Impinduka Ku Baturage n’Ubukungu
Nyabarongo II: Ikiyaga Gishya Kizahindura Isura y’U Rwanda Mu minsi iri imbere, u Rwanda ruzagira ikiyaga gishya gikubye kabiri Ikiyaga cya...
Read MoreIsi ifite umwenda wa Triyoni 323 z’amadorari: Isi yafashe umwenda ute, yawufashe he, izawishyura gute?
Umwenda w’Isi ni ijambo rikunze kugarukwaho mu itangazamakuru no mu biganiro by’ubukungu, ugasobanurwa nk’inyungu zose zishyurwa ku nguzanyo zafashwe...
Read MoreRamba Hills: Umushinga w’inyubako z’agatangaza ugiye guhindura isura y’Umujyi wa Kigali
Umujyi wa Kigali ugiye kongera kugira isura nshya binyuze mu mushinga mushya w’inyubako zigezweho zizwi nka Ramba Hills, uzatwara miliyoni 80...
Read MorePerezida Kagame yakiriye abayobozi b’ikigo mpuzamahanga Rio Tinto, baganira ku mushinga w’ubucukuzi mu Rwanda
Kigali – Ku wa Gatanu tariki ya 18 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye mu biro bye i Village Urugwiro itsinda...
Read More