Barize, barategereje… igihugu kirabirengagiza? Uko ubushomeri bw’urubyiruko rw’u Rwanda bukomeje kuba igikomere gihora kibyimba
Igihugu gito gifite inzozi nini n’urubyiruko rwinshi rutagira akazi: Ese “demographic dividend” y’u Rwanda iri guhinduka umutwaro? Mu nyandiko...
Read MoreNyuma y’igihombo cya Miliyali zisaga 5 MTN Rwanda yatangaje ko yungutse Miliyari zisaga 10 Rwf
Nyuma y’igihe cyari cyaranzwe n’ibihombo, sosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yongeye kugaruka ku murongo w’inyungu mu bucuruzi bwayo, itangaza...
Read MoreU Rwanda rwerekeje ku ikoreshwa ry’Ifaranga Koranabuhanga (e-FRW) rizoroshya ubucuruzi n’ishoramari
U Rwanda ruri mu rugendo rwo gutangira gukoresha ifaranga koranabuhanga rya Banki Nkuru (e-FRW), rishobora guhindura imikorere y’ubukungu...
Read MoreLeta y’u Rwanda yihanangirije abantu batanga amafaranga ashobora gufasha iterabwoba
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gukurikirana no gusesengura amakuru ku mafaranga akekwaho ibyaha (FIC) cyasohoye itangazo riburira abantu bose n’ibigo...
Read MoreUbusesenguzi: Isi yose igiye kwishyura igiciro cy’intambara Amerika yagabye kuri Iran
Mu minsi igera ku icumi gusa ishize, isi yinjiye mu bihe bishya by’umutekano muke nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel bagabye ibitero...
Read MoreBank nkuru y’u Rwanda yazamuye inyungu fatizo igera kuri 7,25% mu guhangana n’izamuka ry’ibiciro
Komite ishinzwe Politiki y’Ifaranga (MPC) ya Banki Nkuru y’u Rwanda yafashe umwanzuro wo kuzamura igipimo cy’inyungu fatizo (Central Bank Rate – CBR)...
Read MoreLoni Iri Mu Marembera: Kubura Amafaranga Bishobora Guhagarika Ibikorwa Byayo By’Ingenzi
Umuryango w’Abibumbye (Loni) uri mu bihe bikomeye by’ubukungu, aho ubukene bukomeje kuwusatira ku buryo bushobora gushyira mu kaga ibikorwa byawo byo...
Read MoreInama y’Abaminisitiri yemeje amavugurura mashya ya Ejo Heza yemera kubikuza igice cy’ubwizigame mbere y’imyaka 55
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri yemeje Iteka rya Minisitiri rigena uburyo bwo gutanga ibigenerwa umunyamuryango wa gahunda ya Ejo...
Read MoreNyarugenge: Polisi yataye muri yombi abagabo babiri bafatanywe amadolari ibihumbi 10 y’amahimbano
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyarugenge, yataye muri yombi abagabo babiri bafatanywe amadolari ya Amerika ibihumbi...
Read MoreRubavu hatashywe imishinga irimo isoko rya Gisenyi, inyubako z’ubucuruzi n’ishuri rya TVET
Mu Karere ka Rubavu hatashywe ku mugaragaro imishinga itandukanye irimo inyubako z’ubucuruzi, inzu za koperative n’ishuri ry’imyuga...
Read More