Tanzania yanze kwakira Abadepite ba EU bashaka kuyikoraho igenzura ku burenganzira bwa muntu na demokarasi
Abadepite bo muri Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bangiwe kwinjira muri Tanzaniya...
Read MorePerezida wa Sudani y’Epfo yahaye inshingano inshuti ye ya kera atungurwa no kumva ko yapfuye: ikosa ryateje umutingito muri Perezidansi
Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yisanze mu bihe bidasanzwe byo kwamburwa icyizere nyuma y’aho hagaragaye ko umwe mu bantu...
Read MoreVenezuela: Perezida w’inzibacyuho Delcy Rodríguez yihanangirije Trump wa Amerika ukomeje kumuha amabwiriza, ashimangira ubwigenge bwa politiki ye
Perezida w’inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodríguez, yatangaje ko igihugu cye kitagishoboye gukomeza kuyoborwa n’amabwiriza aturuka muri Leta...
Read MoreHimbara: Umwanditsi wananiwe wuzuye urwango ku Rwanda no kuri Perezida Kagame
David Himbara, wahoze ari umukozi mu biro bya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, yabaye umuntu uzwi cyane si ku bikorwa bye bifatika, ahubwo ku...
Read MoreUburusiya bwapfobeje ibiganiro bya vuba na Zelensky, Trump arasaba amahoro
Ibiro bya Perezida w’Uburusiya (Kremlin) byahakanye amakuru avuga ko hari inama yegereje kuba hagati ya Perezida Vladimir Putin n’uwa Ukraine...
Read More