Umunyarwenya Burikantu yishimiye kugura Mercedes Benz C200 Kompressor akiri mu myaka 20
Umunyarwenya Mwitende Abdoulkarim wamamaye ku izina rya Burikantu ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kugura imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz...
Read MoreTrumpRx: Urubuga Rushya rwa Perezida Trump rwo Kugabanya Ibiciro by’Imiti — Icyo Ugomba Kumenya
TrumpRx: Urubuga Rushya rwa Perezida Trump rwo Kugabanya Ibiciro by’Imiti — Icyo Ugomba Kumenya Ku itariki ya Gashyantare 5, 2026, Perezida...
Read MoreUrupfu rwa Maj. Gen. Francis Takirwa ruje mu gihe UPDF iri mu mpinduka z’ingenzi z’ubuyobozi
Ingabo za Uganda (UPDF) zatangaje urupfu rwa Maj. Gen. Francis Takirwa, wari Umugaba wungirije w’ingabo zirwanira ku butaka, wapfuye nyuma y’igihe...
Read MoreImirwano ikomeye i Ndondo: MRDP-Twirwaneho ivuga ko yasubije inyuma ihuriro ry’ingabo za Leta muri Kivu y’Amajyepfo
Amakuru yizewe aturuka mu misozi y’i Ndondo, muri Grupema ya Bijombo, Teritwari ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, yemeza ko ku wa Gatanu tariki...
Read MoreUvira: Ifatwa rya Eric Prince umuyobozi mukuru w’abacanshuro ba Black Water ryazamuye impaka ndende ku rwego mpuzamahang
Ifatwa ry’umunyamerika Eric Prince, uzwi cyane mu bikorwa by’umutekano w’abacanshuro no kuba yarigeze kuvugwa nk’umujyanama wa hafi wa...
Read MorePerezida Kagame yanenze umuco wo kuganira nta bikorwa, asaba abayobozi guhindura imico n’imikorere aho kwitwaza amateka
Mu ijambo rye risoza umunsi wa kabiri ari na wo wa nyuma w’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 20, Perezida Paul Kagame yanenze...
Read MoreBruce Melodie atumye Perezida Kagame yinjira mu kibazo cya monetization y’imbuga nkoranyambaga
Mu nama y’igihugu y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya 20, umuhanzi Bruce Melodie yagaragaje ikibazo gikomeye gihangayikishije urubyiruko n’abakora...
Read MoreDavido avuga ko ashobora kuva mu bihembo bya Grammy nyuma yo kongera kubura igihembo
Davido avuga ko ashobora kuva mu bihembo bya Grammy nyuma yo kongera kubura igihembo Mu minsi ishize, inkuru ikomeje kuvugisha benshi mu...
Read MoreUmushyikirano wa 20: Imiyoborere, umutekano w’akarere n’uruhare rw’u Rwanda ku ruhando mpuzamahanga byongeye kugarukwaho
Umushyikirano w’Igihugu uri kuba ku nshuro ya 20 wakomeje, aho umunsi wa mbere waranzwe n’ijambo rya Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ryibanze ku...
Read MoreAmasezerano ya RDC na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro yajemo kidobya ikomeye
Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje guhura n’ibibazo bikomeye by’umutekano, ubukungu n’imiyoborere, amasezerano iherutse...
Read More