Abajura biyise Robin Hood bagabye igitero ku iduka ry’ibiribwa i Montréal mu kwamagana izamuka ry’ibiciro
Abajura biyise Robin Hood bagabye igitero ku iduka ry’ibiribwa i Montréal mu kwamagana izamuka ry’ibiciro Montréal, Kanada – Mu ijoro ryo ku...
Read MorePerezida Kagame yasabye Abanyarwanda gukomeza umuco wo kubazwa no guhanirwa ibyaha, anenga amacakubiri ashingiye ku nkomoko
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko nubwo hari ibikorwa bibi bimwe na bimwe bishobora kudahita bimenyekana, Abanyarwanda...
Read MoreUmushyikirano: Perezida Kagame yasobanuye impamvu yigeze gusubiza ko atazi nimba ingabo z’u Rwanda ziri muri Congo anashimangira ubukungu u Rwanda rwari kuba rwaragezeho iyo ruza kuba rufiteyo ingabo
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yongeye guterana ku nshuro ya 20, nyuma y’iyaherukaga mu 2024, yari yafatiwemo imyanzuro 13 igamije guteza...
Read MoreAbasirikare 3 bo mu mutwe udasanzwe wa FRDC batojwe n’abacancuro ba black Water bishwe hakekwa M23 n’ikoranabuhanga ryayo
Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuzamba, amakuru aturuka mu duce twa Minembwe n’ahandi...
Read MoreUrujijo ku mipaka y’u Burundi: Haravugwa ishimutwa ry’abasirikare barindaga imbibi, umutekano w’akarere ukomeje guhungabana
Mu ijoro ryo ku wa 03 rishyira ku wa 04 Gashyantare, mu Burundi havuzwe igikorwa gikomeye cyo gushimuta abasirikare bari bashinzwe kurinda imipaka,...
Read MoreAmagambo ya perezida Ndayishimiye ku burezi aho yumvikanye yita abanyamashuri injiji akomeje guteza urunturuntu hagati y’abanyamashuri n’abanya politiki
Mu minsi ishize, amagambo avugwa ko yavuzwe na Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, avuga ko “uburezi bwo mu Burundi bushingiye ku...
Read MoreUko urubanza rwagenze:DJ Toxxyk yajuriye asaba gufungurwa by’agateganyo, Ubushinjacyaha bumushinja kugonga yanyoye inzoga no guhunga ubutabera
Kuri uyu wa 4 Gashyantare 2026, DJ Toxxyk uzwi ku izina rya Shema Arnaud yitabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ajurira ku cyemezo cy’Urukiko...
Read MorePerezida wa Sudani y’Epfo yahaye inshingano inshuti ye ya kera atungurwa no kumva ko yapfuye: ikosa ryateje umutingito muri Perezidansi
Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yisanze mu bihe bidasanzwe byo kwamburwa icyizere nyuma y’aho hagaragaye ko umwe mu bantu...
Read MorePolitiki ya RDC ikomeje kurangwa n’igitutu: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi barafungwa, icyizere mu biganiro kigahungabana
Mu bihe bya vuba, politiki yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kugaragaramo ihungabana rikomeye ry’imikorere y’inzego za Leta,...
Read MoreIcyo wamenya kuri Saïf al-Islam Kadhafi Umuhungu wa Gaddafi yishwe n’igitero cy’abagizi ba nabi bamusanze iwe
Saïf al-Islam Kadhafi, umuhungu wa Mouammar Kadhafi wahoze ayobora Libiya, yishwe ku wa 3 Gashyantare 2026, afite imyaka 53. Urupfu rwe rwemejwe...
Read More