Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko DJ Toxxyk afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Shema Arnaud De Bosch uzwi ku izina rya DJ Toxxyk afungwa iminsi 30 y’agateganyo mu Igororero rya...
Read MoreUmugabo wishe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani Shinzo Abe yakatiwe igifungo cya burundu
Urukiko rwo mu Buyapani rwakatiye igifungo cya burundu umugabo wishe uwahoze ari Minisitiri w’Intebe Shinzo Abe, wari warashwe akoresheje imbunda...
Read MoreAbantu barenga 163 bashimuswe mu masengesho yo ku cyumweru muri Leta ya Kaduna, muri Nigeria
Abantu barenga 163 bashimuswe mu masengesho yo ku cyumweru muri Leta ya Kaduna, muri Nigeria Abayobozi b’amatorero n’inzego z’umutekano muri Nigeria...
Read MoreAMERIKA–U BUFARANSA: Trump na Macron mu ntambara y’amagambo, Greenland n’uruhare rw’Isi ni intandaro intandaro
Umubano hagati ya Donald Trump na Emmanuel Macron wongeye kuzamo umwuka mubi, nyuma y’uko hagaragaye kutumvikana ku ngingo zikomeye zirimo...
Read MoreIhirwe Régine arasaba FERWAFA ubutabera avuga ko ari kirenganywa na APR WFC
Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’ikipe y’abagore ya Rayon Sports WFC, Ihirwe Régine, yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA)...
Read MoreGasabo: Umugore yagiye kwiga imodoka afatanwa n’uwamwigishaga bari gusambana
Umugabo utuye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Nduba, witwa Nsanzemahoro Claver, avuga ko yafashe umugore we, Nyirangirimana Sarah w’imyaka 45, ari...
Read MoreKicukiro: Umusore w’imyaka 23 akurikiranyweho gusambanya inka yemeza ko yabitewe n’imiti yongera akanyabugabo
Ubushinjacyaha ku Rwego rw’Ibanze rwa Kicukiro buratangaza ko buri gukurikirana umusore w’imyaka 23 wakoraga akazi k’ubushumba, ukekwaho...
Read MoreRIB yafunze umwarimu wa Kaminuza ukekwaho gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Dr Manirakiza Benjamin, umwarimu muri Kaminuza, akekwaho icyaha cyo gusambanya abana...
Read MoreNi idini ryigisha ukuri no kwimenya. Amashirakinyoma ku itorero rya Satani “Satanic Church” benshi mwabeshywe ko ari iry’ikuzimu
Mu mateka y’abantu, idini ryabaye inkingi ikomeye igena imyemerere, imyitwarire n’imitekerereze y’abantu. Kuva ku madini akomeye azwi ku isi,...
Read MorePerezida Paul Kagame yoherereje ubutumwa Perezida Museveni watsindiye kuyobora manda ya 7
Perezida Paul Kagame yoherereje ubutumwa bwo gushimira Perezida Yoweri Kaguta Museveni ku ntsinzi ye mu matora Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,...
Read More