Amakipe abiri akomeye muri championa y’u Rwanda yanenze FERWAFA yazishyize ku ruhande mu gikombe cy’intwari
Amakipe ya Mukura Victory Sports na Kiyovu Sports agaragaza kutishimira icyemezo cy’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, cyo...
Read MoreMINISITIRI OLIVIER J.P. NDUHUNGIREHE ARI I LOMÉ MU NAMA YO KU RWEGO RWO HEJURU IGAMIJE GUSHIMANGIRA AMAHORO MURI RDC NO MU KARERE K’IBIYAGA BIGARI
Minisitiri Olivier J.P. Nduhungirehe ari i Lomé mu nama yo ku rwego rwo hejuru igamije gushimangira amahoro muri RDC no mu Karere k’Ibiyaga Bigari...
Read MoreIBYABEREYE MU NDEGE IJYA I NEW YORK BYATUNGURANYE BURI WESE: ABAGENZI BAKOZE IKITAMENYEREWE!
Mu rugendo rwo mu kirere rwari rusanzwe ruvuye mu majyepfo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika rujya i New York, umugenzi umwe wa sosiyete y’indege ya...
Read MoreUganda: Umunyapolitike wo mu shyaka rya Bobi Wine NUP ritavuga rumwe n’ubutegetsi, yatsinze amatora ari muri gereza
Muri Uganda, politiki ikomeje kwerekana isura yihariye aho bamwe mu banyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bagenda bahura n’igitutu...
Read MoreMalawi: Perezida w’iki gihugu yategetse ko umuhanda witiriwe Paul Kagame uhindurirwa izina n’ibirango byose bigahindurwa bitarenze uyu munsi
Leta ya Malawi yemeje ko umuhanda wari uzwi ku izina rya Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ubu witwa John Chilembwe, mu rwego rwo guha...
Read MoreBobi Wine avuze ko afungiwe mu rugo n’ingabo za leta, ndetse ko abashyigikiye ishyaka rye 10 bamaze kwicwa
Umuyobozi w’ishyaka National Unity Platform (NUP), Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, yatangaje ko nyuma yo kuba gutora ku munsi...
Read MoreBobi Wine ahamya ko ibyavuye mu matora byatangajwe ari ibihimbano, agashinja Komisiyo y’Amatora kubura ibisobanuro
Umuyobozi w’ishyaka National Unity Platform (NUP), Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane nka Bobi Wine, yatangaje ko atemera ibyavuye mu matora...
Read MoreUmugore bigaragara ko yiyubashye yafashwe akekwaho kwiba abarwayi mu bitaro bya CHUK
Umugore bigaragaraga ko yiyubashye yafatiwe mu Bitaro Bikuru bya Kaminuza bya Kigali (CHUK), biherereye mu Murenge wa Nyarugenge, Akarere ka...
Read MoreAFC/M23 yatangaje ko yavuye burundu mu mujyi wa Uvira, isaba Loni kuwufataho inshingano zose z’umutekano
Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) rifate umutwe wa gisirikare wa M23 ryandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (ONU), António...
Read MoreAmatora muri Uganda: Bobi Wine aratabaza amahanga ko habayeho guhagarika internet, kwiba amajwi n’itabwa muri yombi ry’abayobozi batavuga rumwe n’ubutegetsi
Ku munsi w’amatora rusange muri Uganda, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yatangaje ko igihugu...
Read More