Rurageretse hagati ya perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump na Black Obama wigeze kuba perezida w’iki gihugu
Mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikomeje gucumbagira mu bibazo bya politiki by’ingorabahizi, amagambo akakaye ya Donald Trump yongeye guca...
Read MorePolisi yafashe abasore 7 bakurikiranyweho ubujura mu ngo z’abaturage
Mu butumwa bwuzuye ishyaka n’ubufatanye n’abaturage, Polisi ikorera mu Murenge wa Ndera n’uwa Rutunga mu Karere ka Gasabo yatangaje ko yafashe...
Read MoreNyamasheke: RIB yataye muri yombi abantu bane bakekwaho gutwikisha umunyururu abantu 2 babaziza icyaha cyaje no kugaragara ko batagikoze
Mu masaha y’umugoroba wo ku wa gatatu tariki ya 23 Nyakanga 2025, mu mudugudu wa Gisenyi, akagari ka Karengera, umurenge wa Kirimbi mu karere...
Read MoreItegeko riteganya ko iyo Minisitiri w’intebe avuyeho ku mpamvu iyo ariyo yose Guverinoma yose ihita yegura
Kigali – Iyo Minisitiri w’Intebe avuye ku mirimo, Itegeko Nshinga riteganya inzira igomba gukurikizwa kugira ngo imikorere ya Leta ikomeze nta nkomyi...
Read MorePerezida Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe asimbuye Dr. Eduard Ngirente wari umeze imyaka 8 muri izi nshingano
Kigali, 23 Nyakanga 2025 – Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyizeho Dr. Justin...
Read MoreAbagore bahoze ari abagabo (transgender women) ntibazongera kwitabira amarushanwa y’abagore muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika
Mu gihe impaka ku myitwarire n’uburenganzira bw’abagore bahoze ari abagabo nyuma bakaza kwihinduza igitsina zikomeje guca ibintu ku isi yose, Komite...
Read MoreU Rwanda rwatashye Umupaka wa Rusizi II uzahuza ubucuruzi n’iterambere mu Karere k’Ibiyaga Bigari
Rusizi, 23 Nyakanga 2025 – Guverinoma y’u Rwanda yamaze gusoza imirimo yo kubaka umupaka wa Rusizi II One Stop Border Post (OSBP), umupaka...
Read MoreUrukiko rukuru rwa Kigali rwasubitse iburanisha ry’urubanza ruregwamo Madame Ingabire Victoire
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Urukiko Rukuru rwa Kigali rwasubitse urubanza ruregwamo abantu barimo bamwe mu bayoboke b’ishyaka rya Dalfa...
Read MoreUmukuru w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bufaransa arasaba ko abanyamakuru mpuzamahanga bemererwa kugera i Gaza
Mu itangazo ryuje ubushishozi ryasomwe kuri uyu wa kabiri i Paris, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bufaransa, Stéphane Séjourné, yasabye...
Read MoreUrwego rw’igihugu rushinzwe iterambere RDB, rwatangaje ko rufunze hotel Chateau Le Marara
Nyakanga 21, 2025 – Karongi, Rwanda Inkuru ivuga kuri Château le Marara, hoteli iri mu Karere ka Karongi, ikomeje kuvugwa cyane mu Rwanda no ku mbuga...
Read More