Mu Bwongereza abimukira babiri bakekwaho gufatira amashusho y’urukozasoni mu cyumba cya hotel baberamo ubuntu barageramiwe
Mu gihe u Bwongereza bukomeje guterwa inkeke n’ikibazo cy’abimukira bacumbikirwa mu mahoteli atwara akayabo k’imisoro, hakomeje kuvuka ibibazo bishya...
Read MoreMinisitiri w’Intebe wa Sudani, Kamil Idris, yasezeranyije abaturage kongera kubaka umurwa mukuru Khartoum wangiritse kubera intambara
Minisitiri w’Intebe wa Sudani, Kamil Idris, yasezeranyije ko leta ye izita ku kongera kubaka umurwa mukuru wa Khartoum, umaze imyaka irenga ibiri...
Read MoreIbitero bya Israheli byahitanye 26, abandi barenga 100 barakomereka hafi y’ahatangirwaga inkunga muri Gaza
GAZA – Ku wa Gatandatu, amarira y’abaturage n’urusaku rw’indege byongeye kumvikana mu majyepfo ya Gaza, ubwo ibitero by’indege za Israheli...
Read MoreUruganda rwa Abadan rufatwa nk’urufatiro mu gutunganya peteroli muri Iran rwatatswe n’inkongi y’umuriro, ndetse byatangajwe ko umuntu umwe amaze kuhasiga ubuzima
Inkongi y’umuriro yafashe uruganda rwa peteroli rwa Abadan kuri uyu wa gatandatu yizimijwe n’abashinzwe ubutabazi, ariko yahitanye umuntu umwe nk’uko...
Read MoreMu rwego rwo gufasha abaturage kwikura mu bukene, perezida Museveni wa Uganda yasabye ko hakorwa ibarura ry’imiryango i Kampala
Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yongeye gusaba ko hakorwa ibarura ryimbitse ry’imiryango muri Uganda, kugira ngo gahunda ya Parish...
Read MoreUmudipolomate mushya w’u Bushinwa yageze mu Rwanda, ahita ahura na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga
KIGALI – U Rwanda rwakiriye Gao Wenqi, Ambasaderi mushya w’u Bushinwa, wageze i Kigali ku munsi w’ejo hashize ku mugaragaro atangira inshingano ze...
Read MoreMu gikorwa n’ibiganiro byabereye i Doha, Lepubulika iharanira Demokarasi ya Congo yasinyanye amasezerano na AFC/M23 agamije kugarura amahoro mu burasirazuba bw’iki gihugu
Doha, Qatar – Mu rwego rwo gushaka amahoro arambye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), i Doha habereye umuhango wo...
Read MoreIkigo cya Amerika gishinzwe iperereza ku mpanuka z’ibinyabiziga n’indege cyatangaje ko ibinyamakuru bikomeje gutangaza amakuru y’ibihuha ku mpanuka ya Air India 171
Ikigo cy’Amerika gishinzwe iperereza ku mpanuka z’ibinyabiziga n’indege, National Transportation Safety Board (NTSB), cyatangaje ko ibinyamakuru...
Read MoreUmucamanza wa Amerika yahagaritse itegeko ryemeza ibihano bya Trump ku bashyigikira Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ICC
Mu mwanzuro utunguranye kandi wavugishije isi yose, Urukiko Rukuru rwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika rwemeje ko itegeko rya Perezida Donald Trump ryari...
Read MoreMu burasirazuba bwa RDC, Kolera ikomeje guhitana benshi: imibare y’abamaze guhitanwa n’icyo cyorezo igeze ku 757
Mu gihe ibibazo by’umutekano muke bikomeje gusenya ubuzima bwa buri munsi mu bice bitandukanye bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, ubu...
Read More