Ngororero: Umuganga watwikishije amazi ashyushye umukozi we wo mu rugo yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi umugore wo mu murenge wa Gatumba w’akarere ka Ngororero usanzwe akora...
Read MorePerezida wa Guinea Conakry, Mamadi Doumbouya yageze mu Rwanda
Perezida wa Guinea Conakry, Mamadi Doumbouya, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yageze mu Rwanda aho aje kwitabira inama ya Africa CEO Forum...
Read MoreKirehe: Umuturage yashumbushijwe inka 25 nyuma yo gupfusha inka 15 n’intama 18 zikubiswe n’inkuba
Mu gihe ibiza bikomeje kwibasira uduce dutandukanye tw’u Rwanda, mu Karere ka Kirehe hagaragaye urugero rw’ubufatanye bw’abaturage n’ubuyobozi, aho...
Read More“Abarokotse Jenoside ntibarokowe n’Imana, barokowe n’Inkotanyi” — Dr. Bizimana: Amagambo yateje impaka mu gihe u Rwanda rwitegura icyunamo
Mu gihe u Rwanda rwitegura gutangira icyumweru cy’icyunamo ku wa 7 Mata 2026, hibukwa Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 32, amagambo ya...
Read MoreRusizi: Umugabo yatwikiye umugore n’abana mu nzu,Imana ikinga akaboko
Kuri Sitasiyo y’ Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ya Nyakabuye hafungiye umugabo witwa Kwizera Eric ukekwako gutwikira mu nzu umugore we, bapfa...
Read MoreNgororero: Inkangu yasenye inzu ihitana nyirayo n’umugore we
Imvura nyinshi yagwaga mu Murenge wa Ngororero, Akarere ka Ngororero mu ijoro ryo ku wa 22 rishyira uyu wa 23 Werurwe 2026, yateje inkangu yasenye...
Read MoreRubavu: Polisi yarashe umugabo ukekwaho kuyobora abakora magendu nyuma yo gukomeretsa umupolisi
Mu Karere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba, umugabo ukekwaho kuyobora itsinda ry’abakora ubucuruzi bwa magendu yarashwe n’abapolisi barimo bakora...
Read MoreUmunyeshuri warangizaga Kaminuza yarohamye mu kiyaga cya kivu
Cyuzuzo Grâce w’imyaka 23 wari urangije amasomo ye muri Koleji y’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga (CST) mu Mujyi wa Kigali, yasanzwe yarohamye mu Kiyaga cya...
Read MoreGatsibo: Umwarimu yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umunyeshuri – umwana yasanzwe mu icumbi ry’abarimu
Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru ikomeje gutera impaka n’impungenge mu baturage, nyuma y’uko umwarimu wigishaga ku ishuri rya GS Bihinga atawe...
Read MoreUbuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko hakoreshejwe miliyari 11,2 Frw mu kubakira imiryango 434 yasenyewe n’ibiza byibasiye aka karere.
Tariki 2-3 Gicurasi 2023 ni bwo mu Rwanda haguye imvura idasanzwe yateje ibiza byahitanye abantu 135 binasenya inzu z’abaturage barimo 1126 bo mu...
Read More